Ubuzima n'Imibereho

Amakuru y'ingenzi ku buzima bwacu

Ubuzima

Ebola yo muri DR Congo yabaye ikibazo cy’ubuzima gihangayikishije isi yose

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, World Health Organization (WHO), ryatangaje ko icyorezo cya Ebola cyibasiye Democratic Republic of the Congo ari “ikibazo cy’ubuzima gihangayikishije isi yose”.

Soma birambuye →
Ubuzima

HANTAVIRUS: Virusi Yica Ituje… Ese Isi Igiye Guhura N’Icyorezo Gishya?

Hantavirus ni virusi ituruka ku mbeba ishobora gutera ikibazo gikomeye cy’ibihaha cyangwa impyiko. Nubwo idakwirakwira cyane nk’izindi ndwara z’ibyorezo, abahanga bavuga ko ikwiye gufatanwa uburemere kubera uburyo yica vuba kandi ituje. Menya ibimenyetso byayo, uburyo yandura n’uko wakwirinda.

Soma birambuye →
Ubuzima

Perezeda Kagame yakiriye Mohammed Yakub uhagarariye OMS muri AFURIKA.

Mubiro byumukuru wigihugo village urugwiro aho umukuru wigihugu HE Paul Kagame yakiriraga abayobozi batandukanye nabikorera mubyubuvuzi batandukanye kwisi

Soma birambuye →
Ubuzima

Kamonyi-Rukoma: Bagaye abatavuga aho imibiri y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi iri ngo ishyingurwe mu cyubahiro

Kuri uyu wa 19 Mata 2026, ubwo umurenge wa Rukoma wibukaga abishwe bari batuye mu yahoze ari Komine Taba, Mukandamage Epaphrodite waharokokeye, yagaragaje ko hari abakomeje kwanga gutanga amakuru mu gihe abarokotse Jenoside badahwema kubibasaba.

Soma birambuye →
Ubuzima

Hasojwe icyumweru cy’Icyunamo, abanyapolitiki basabwe gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda

Kuri uyu wa 13 Mata 2026, mu Rwanda hasojwe icyumweru cy’Icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, aho abanyapolitiki n’abayobozi batandukanye basabwe kwirinda politiki ishingiye ku irondabwoko no gushyira imbere ubumwe bw’Abanyarwanda.

Soma birambuye →
Ubuzima

Kwibuka32: Abanyagicumbi basabwe kubwira abafite ingengabitekerezo kubava inyuma

Ubwo hatangizwaga icyunamo cy\'iminsi 7 ndetse n\'iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 32 jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, hatanzwe ubutumwa bwinshi bwiganjemo uhwo kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside.

Soma birambuye →
Ubuzima

Abahungu n’Urubyiruko barimo Gupfa Benshi mu Mihango Gakondo muri South Africa

Abahungu benshi bakomeje gupfa mu mihango gakondo yo kwinjira mu bugabo muri South Africa, bituma havugwa impungenge ku mutekano n’ubuzima bw’urubyiruko.

Soma birambuye →
Ubuzima

Menya indwara yastroke aho Miliyoni 12 bayirwara buri mwaka, abarenga miliyoni 6 bakahasiga ubuzima

Nubwo ari indwara ishobora kwirindwa, stroke ikomeje gutwara ubuzima bwa benshi no gusiga abandi bafite ubumuga burambye.Kumenya ibimenyetso hakiri kare no kwihutira kujya kwa muganga ni intwaro ikomeye yo kurokora ubuzima.

Soma birambuye →
Ubuzima

Impamvu umutima utera inshuro zirenga 100,000 ku munsi utabizi

Umutima ukora adahagarara kuva umuntu avutse kugeza apfuye, utera inshuro zirenga 100,000 ku munsi utabigizemo uruhare.

Soma birambuye →