Ubuzima n'Imibereho
Amakuru y'ingenzi ku buzima bwacu
Ebola yo muri DR Congo yabaye ikibazo cy’ubuzima gihangayikishije isi yose
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, World Health Organization (WHO), ryatangaje ko icyorezo cya Ebola cyibasiye Democratic Republic of the Congo ari “ikibazo cy’ubuzima gihangayikishije isi yose”.
HANTAVIRUS: Virusi Yica Ituje… Ese Isi Igiye Guhura N’Icyorezo Gishya?
Hantavirus ni virusi ituruka ku mbeba ishobora gutera ikibazo gikomeye cy’ibihaha cyangwa impyiko. Nubwo idakwirakwira cyane nk’izindi ndwara z’ibyorezo, abahanga bavuga ko ikwiye gufatanwa uburemere kubera uburyo yica vuba kandi ituje. Menya ibimenyetso byayo, uburyo yandura n’uko wakwirinda.
Perezeda Kagame yakiriye Mohammed Yakub uhagarariye OMS muri AFURIKA.
Mubiro byumukuru wigihugo village urugwiro aho umukuru wigihugu HE Paul Kagame yakiriraga abayobozi batandukanye nabikorera mubyubuvuzi batandukanye kwisi
Kamonyi-Rukoma: Bagaye abatavuga aho imibiri y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi iri ngo ishyingurwe mu cyubahiro
Kuri uyu wa 19 Mata 2026, ubwo umurenge wa Rukoma wibukaga abishwe bari batuye mu yahoze ari Komine Taba, Mukandamage Epaphrodite waharokokeye, yagaragaje ko hari abakomeje kwanga gutanga amakuru mu gihe abarokotse Jenoside badahwema kubibasaba.
Hasojwe icyumweru cy’Icyunamo, abanyapolitiki basabwe gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda
Kuri uyu wa 13 Mata 2026, mu Rwanda hasojwe icyumweru cy’Icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, aho abanyapolitiki n’abayobozi batandukanye basabwe kwirinda politiki ishingiye ku irondabwoko no gushyira imbere ubumwe bw’Abanyarwanda.
Kwibuka32: Abanyagicumbi basabwe kubwira abafite ingengabitekerezo kubava inyuma
Ubwo hatangizwaga icyunamo cy\'iminsi 7 ndetse n\'iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 32 jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, hatanzwe ubutumwa bwinshi bwiganjemo uhwo kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside.
Abahungu n’Urubyiruko barimo Gupfa Benshi mu Mihango Gakondo muri South Africa
Abahungu benshi bakomeje gupfa mu mihango gakondo yo kwinjira mu bugabo muri South Africa, bituma havugwa impungenge ku mutekano n’ubuzima bw’urubyiruko.
Menya indwara yastroke aho Miliyoni 12 bayirwara buri mwaka, abarenga miliyoni 6 bakahasiga ubuzima
Nubwo ari indwara ishobora kwirindwa, stroke ikomeje gutwara ubuzima bwa benshi no gusiga abandi bafite ubumuga burambye.Kumenya ibimenyetso hakiri kare no kwihutira kujya kwa muganga ni intwaro ikomeye yo kurokora ubuzima.
Impamvu umutima utera inshuro zirenga 100,000 ku munsi utabizi
Umutima ukora adahagarara kuva umuntu avutse kugeza apfuye, utera inshuro zirenga 100,000 ku munsi utabigizemo uruhare.