Imikino
Abanyamahirwe, Amanota, n'Imiterere y'Imikino
Ikipe ya RSSB Tigers yageze muri ½ cy’irangiza nubwo yatsinzwe na FUS Rabat amanota 99-98 ku Cyumweru
Ikipe ya RSSB Tigers yageze muri ½ cy’irangiza nubwo yatsinzwe na FUS Rabat amanota 99-98 ku Cyumweru, kuko iyi kipe yo muri Maroc yasabwaga gutsinda irusha amanota 23 cyangwa arenzeho kugira ngo ikomeze muri BAL Playoffs 2026.
RSSB TIGERS yageze muri 1/2 isezereye Fus Rabat yo muri morroco
Numukino Craig randall yatsinzemo amanota 43
Paul Kagame yashimiye ubufatanye hagati ya Oklahoma Christian University n’u Rwanda
avuga ko mu myaka 20 ishize bwagize uruhare rukomeye mu gutegura abayobozi b’ejo hazaza b’u Rwanda.
Arsenal yaciye imyaka 22 y’inyota yegukana Premier League nyuma y’umushinga wa Arteta
yuma y’imyaka 22 itegereje igikombe cya Premier League, ikipe ya Mikel Arteta yageze ku nzozi zayo binyuze mu mushinga wubatse buhoro buhoro, icyizere n’ubumwe bw’ikipe.
Aston Villa yatsinze Liverpool ibitego 4-2 ihita ibona itike ya Champions League
Ikipe ya Aston Villa yanyagiye Liverpool ibitego 4-2 mu mukino wa Premier League wabaye ku wa Gatanu, ihita yemeza ko izakina UEFA Champions League mu mwaka utaha, mu gihe Liverpool yakomeje kujya mu bibazo byo kubura umutekano mu myanya ya mbere.
Aston Villa yatsinze Liverpool ibitego 4-2 ihita ibona itike ya Champions League
Ikipe ya Aston Villa yanyagiye Liverpool ibitego 4-2 mu mukino wa Premier League wabaye ku wa Gatanu, ihita yemeza ko izakina UEFA Champions League mu mwaka utaha, mu gihe Liverpool yakomeje kujya mu bibazo byo kubura umutekano mu myanya ya mbere.
RURAGERETSE HAGATI YA MBAPE NUMUTOZA WE ALVALO ARBELOA
“Ku bwa Arbeloa ndi rutahizamu wa kane muri Real Madrid” — Kylian Mbappé yavuze amagambo akomeye nyuma yo gusifurwa n’abafana ba Real Madrid ubwo yasimburaga mu mukino wa Oviedo.\r\n
Rayon Sports yegukanye amanota atatu nyuma yo gutsinda Marine FC ibitego 2-1.
Iyi ntsinzi yatumye Rayon Sports igumana umwanya wa kane ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona n’amanota 51, mu gihe Marine FC yagumye ku mwanya wa munani n’amanota 41.
Olivier Ndatimana ushinzwe ibikoresho muri Gorilla FC Yahagaritswe Umwaka Wose Azira “Amarozi”
FERWAFA yafatiye ibihano bikomeye umukozi wa Gorilla FC nyuma y’ibyabereye mu mukino wa Rayon Sports, ibintu byatunguye benshi.
Valverde na Tchouameni baciwe ihazabu ya €500,000 buri umwe nyuma yo kurwaniraa ku kibuga cyimyitozo
Abafana ba Real Madrid batunguwe nyuma y’aho Valverde na Tchouameni barwaniye mu myitozo bikarangira bahanishijwe amafaranga yamande
Djihad ati Ese bishoboka ko umuntu yakatirwa icyaha cyakozwe n’undi? Cyangwa hari aho amategeko ahindukira mu buryo butunguranye?
Djihad, Ishimwe François Xavier na K John bahakana Ibirego byose baregwa. Ku rundi ruhande, Kwizera Nestor uzwi nka Papy Nesta we yemeye icyaha, anasaba kugabanyirizwa ibihano.
Banki ya Kigali Yasinanye Amasezerano na Rwanda Premier league
Iyi mpinduka itegerejweho kuzana ihangana rikomeye hagati y’amakipe no kurushaho kureshya abafana, mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu guteza imbere siporo nk’imwe mu nkingi z’iterambere.
KIMWE MUBIBUGA FIFA YEMEREYE U RWANDA CYATASHYWE KUMUGARAGARO
Hanatashywe kandi ibikorwaremezo bishya biromo na hotel ya ferwafa yarimaze imyaka icyenda yarananiwe kuzura.
TRUMP YASHYIZE YEREKANA ICYATUMYE ATERA IGIHUGU CYA IRAN
Trump yavuze ko ashaka kwigarurira peteroli ya Iran; ikigo cy’amashanyarazi cyo muri Kuwait cyagabweho igitero
Amavubi yanyagiye Granada imbere ya H.E KAGAME
Ibirori byumupira wamaguru mu mahoro bidasanzwe nyuma yinsinzi yurwanda kuri granada rwisanga kumukino wanyuma ruzakina na estonia
RSSB TIGERS YITWAYE NEZA MURI BAL
Ikipe ya rssb tigers yitwaye neza itsinda Alahli libya mumukino ufungura irushanwa rya BAL
LIECHTENSTEIN YATUNGURANYE ITSINDA TANZANIA MURI FIFA SERIES
BIMWE MUBYARANZE UMUNSI WAMBERE WA FIFA SERIES 2026
DUSOBANUKIRWE BYINSHI KUMIKINO YA FIFA SERIES 2026 IGIYE KUBERA MURWANDA
Ni ubwa mbere u Rwanda rugiye kwakira amarushanwa ahuza amakipe aturutse ku isi yose – menya impamvu FIFA Series 2026 ishobora guhindura byinshi kuri Amavubi
GASOGI UNITED ISHOBORA KUMANUKA MUCYICIRO CYA 2
Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwatangaje ko bwafatiye ibihano ikipe ya Gasogi United kubera kutagaragara kumukino wari kubahuza na Rayon Sports kuri Stade Amahoro
Rayon Sports yatandukanye n’umutoza Bruno Ferry nyuma y’amezi atatu.
Tariki 22.12.2025 nibwo umufaransa Bruno Ferry yatangiye akazi mu ikipe ya RayonSports icyo gihe bumvikanye ko amasezerano ye azarangirana n’umwaka w’imikino.
Perezida wa CAF yemeye ko umupira w’amaguru muri Afurika ufite ikibazo cy’icyizere
Perezida wa Confederation of African Football (CAF), Patrice Motsepe, yatangaje ko umupira w’amaguru muri Afurika ugifite ikibazo cy’icyizere n’ukutizerana ku bijyanye n’ubunyangamugayo, nyuma y’uko Senegal yambuwe igikombe cya Africa Cup of Nations.
REAL MADRID YAKUYEMO MAN CITY || CHELSEA INYAGIRWA NA PSG
IBYARANZE UCL IMIKINO IBANZA YAGOGOYE CYANE AMAKIPE YO MU BWONGEREZA
MORROCO YAHAWE IGIKOMBE CYA AFRICA (AFCON) 2025
CAF yavuze ko Senegal yatewe mpaga ku mpamvu z’amategeko, maze Maroc ihabwa igikombe cya afcon 2025
Amavubi Yahamagaye Abakinnyi Bitegura FIFA Series 2026
Urutonde rw’abakinnyi b’Amavubi rwashyizwe hanze mu myiteguro y’amarushanwa mpuzamahanga ya FIFA Series.
Stephen Constantine yagizwe umutoza mukuri wamavubi.
Umwongereza Stephen Constantine wimyaka 63 yongeye kugirwa Umutoza wIkipe yIgihugu Amavubi, Yatoje u Rwanda mu 2014/2015 ndetse icyo gihe yarufashije kwandika amateka yo kugera ku mwanya wa 64 ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA.
Prezida KAGAME yarebye umukino PSG yatsinzemo chelsea .
Arikumwe na nicolas salkozie wayoboye ubufaransa HE. Paul kagame i parc de prince, bakurikiye umukino wa 1/8 ubanza PSG yatsinzemo chelsea
APR BBC Yiyongereye imbaraga: Quinn Cook wahoze muri NBA yinjiye mu ikipe yitegura BAL 2026
APR BBC yakomeje kwiyubaka mbere ya Basketball Africa League (BAL) 2026, yongeramo umukinnyi w’umunyamerika Quinn Cook wigeze kwegukana ibikombe bya NBA.\r\nUyu mukinnyi wakiniye amakipe akomeye muri Amerika aje kongerera imbaraga APR mu rugendo rwo guhatanira igikombe cya BAL
Moritz Kretschy yegukanye tour du Rwanda 2026
Tour du Rwanda yasojwe itwawe na NSN
TOMBOLA UCL YA 1/8 MAN CITY YISANZE NANONE IZAKINA NA REAL MADRID NAHO CHELSEA YISANGA NA PSG
Dore uko amakipe yatombolanye muri 1/8 mumikino yo gukuranwamo
APR BBC YAMENYE AMAKIPE BAZAKINA MURI BAL
APR BBC yashyizwe muri Conference ya Kalahari muri BAL 2026.\r\nIzahura n’amakipe akomeye arimo Al Ahli Libya na Petro de Luanda.
Umubiligi De Clercq yegukanye Etape ya Kane ya Tour du Rwanda 2026
Umukinnyi w’Umubiligi, Mathijs De Clercq, ni we wegukanye Agace ka Kane ka Tour du Rwanda kasorejwe mu Karere ka Rubavu, nyuma yo guhagurukira i Karongi ku ntera y’ibilometero 127,2.
Babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda
Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda, bwatangaje ko abantu babiri baguye mu mpanuka y’imodoka zibanza imbere y’amagare, abandi batandatu barakomereka.